Iyi nzu nziza iri hafi ya Air Force i Kanombe, iri ku muhanda kandi iri ahantu heza hagezweho. Ifite igipangu kinini cyane, kirimo ikindi kibanza kinini gifite 30 kuri 20 kandi gifite ibyangombwa byacyo byihariye. Iragurishwa amafaranga y’u Rwanda miliyoni mirongo itanu n’eshanu (55.000.000 Frw). Ifite ibyumba bine, ubwogero n’ubwiherero bubiri mu nzu. Uramutse wishakira gutura heza bitaguhenze, iyi nzu ntikwiye kugucika. Uramutse ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara 0788328340