Iyi ni inzu nziza izi ahantu heza mu mujyi wa Kigali kandi iragurishwa macye. Iherereye mu karere ka Kicukiro, mu murenge wa Kigarama mu kagari ka Bwerankori. Nyirayo arayishakamo amafaranga y’u Rwanda 25.000.000 ariko ufite gahunda mwakumvikana. Uramutse ushaka kwigurira iyi nzu cyangwa ukeneye ibindi bisobanuro wavugana na nyirayo kuri 0788854533.