Iyi ni inzu nziza, ifite ibyumba bine, ikagira ubwiherero bwo mu nzu (toilette) bwiza, kandi ifite n’ikibanza kinini cyane. Iri ahantu heza ku muhanda. Iyi nzu iri kuri 15 mu mujyi wa Kigali, ikaba igurishwa 30.000.000 Frw gusa. Ukeneye ibindi bisobanuro wabariza kuri 0788328340.