Iyi nzu nziza iri i Masaka, iri yafi y’umuhanda ahitwa mu Biryogo. Iragurishwa amafaranga y’u Rwanda miliyoni mirongwitatu n’eshanu (35.000.000 Frw) ariko ni macye cyane ukurikije uko imeze n’uko ingana. Ifite ibyumba bitandatu (6), ikanagira ubwogero n’ubwiyuhagiriro butatu (3). Yaba inzu ubwayo n’igipangu cyayo byubakishije ibikoresho biramba nta na kimwe cyubakishije rukarakara. Uramutse wishakira gutura heza bitaguhenze, iyi nzu ntikwiye kugucika. Uramutse ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara 0788846240.