Iyi nzu igurishwa iherereye i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali, iruhande rw’umurenge wa Nyamirambo. Ni inzu nziza ifite ibyumba bine (4 chambres) , uruganiriro n’aho gufatira amafunguro (salon & salle a Manger), ikagira ubwogero n’ubwiherero bubiri (2 douches & wc) kandi ikagira n’akandi kazu ku ruhande (Annex). Iyi nzu iragurishwa amafaranga y’u Rwanda miliyoni 35. Uyishaka wahamagara kuri 0788481810