AMAKURU

UKWEZI
Canal+ christmax

Arishyuza miliyoni 10 z’ amadorali umusore wamwambuye ubusugi

Arishyuza miliyoni 10 z’ amadorali umusore wamwambuye ubusugi
17-11-2019 saa 14:26' | By Nsanzimana Ernest | Yasomwe n'abantu 6593 | Ibitekerezo

Umugore wo muri Leta ya California arishyuza miliyoni 10 z’ amadorari y’ Amerika umusore bahoze bakundana amushinja ko yamwambuye ubusugi bw’ ikibuno.

Tubiseguyeho kuko iyi nkuru irimo amagambo y’ Ikinyarwanda adasanzwe akoreshwa mu ruhame.

Loana DeVille w’ imyaka 38 y’ amavuko avuga ko ikindi yifuza kuri Robert Duff ari uko yakwishyura amafaranga yo kubaga ikibuno cye akagisubiza ubusugi cyahoranye.

Uyu mugore avuga ko uyu wahoze ari umukunzi we afite igitsina kinini bikaba aribyo byabaye intandaro wo kwaguka cyane k’ umwenge w’ innyo ye igihe babaga batera akabariro.

Yabwiye abacamanza ababaye ati “Afite igitsina kinini cyane, kandi yakinjizaga cyose nibyo byatumye umwenge w’ innyo wanjye waguka”.

Uwunganira Robert mu mategeko yabwiye urukiko ko Robert na Deville bajyaga bitabira ibikorwa by’ ubusambanyi bwo mu matsina, Deville akinjizwamo ibitsina bitandukanye ngo birashoboka byaba ariyo mvano yo kuba umwenge w’ innyo ye waragutse cyane.

Uyu mugore yeretse urukiko amafoto y’ igitsina cy’ uwahoze ari umukunzi we, ashimangira ko iyo cyafashe umurego kigira uburebure bwa cm50 z’ uburebure.

Uwunganira uregwa avuga ko icyo bifuza ari uko uyu musore yakwishyura Deville miliyoni 10 z’ amadorali kandi akishyura n’ abaganga bazamubanga kugira ngo asubirane ubusugi bw’ innyo ye nk’ uko bitangazwa na WDNR.


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA