Minisitiri Julienne mumufashe hasi uvuze ko nyirurugo yapfuye siwe uba umwishe, yavuze ukuri kwambaye ubusa, mwikwiha kumushyogoza cyane ngo mumwubahuke, muzana sakwe sakwe mu binyamakuru. Ndibuka hari umuyobozi wo hejuru ntavuze izina wigeze gusabira Umutoza Kanyankore Yaoundé gutoza Amavubi biramunanira aregura. None mwihaye Minisitiri ngo avuze ibitari byo, ahubwo aho guterana nawe amagambo icyo nakizibe abashakira amahugurwa afatika mu bihugu byadutanze guconga ruhago bifite ubuzobere buri hejuru mu ruhando mpuzamahanga.
biragoye kuba wamugani umuntu atarakinnye umupira ariko akayobora abawusaziyemo kandi atiri uko yawize mwishuri gusa harigihe umuntu avuga atabanje kubyigahoneza no gucikwa bibaho ariko abanyarwanda dufite abatoza beza kdi icyizere kirahari bazagera heza kurushako
biragoye kuba wamugani umuntu atarakinnye umupira ariko akayobora abawusaziyemo kandi atiri uko yawize mwishuri gusa harigihe umuntu avuga atabanje kubyigahoneza no gucikwa bibaho ariko abanyarwanda dufite abatoza beza kdi icyizere kirahari bazagera heza kurushako
Andika Igitekerezo cyawe hanokuyobora siporo utarayikoze na gato habe no gukina biye cg ikarita kandi hari abatoza erega na FERWAFA ni uko
Ni hatari
erega ntamugore nabonye uyobora siporo !Ahubwo n,ibyo mwitaga isosi bigiye kuba amazi.!!
erega ntamugore nabonye uyobora siporo !Ahubwo n,ibyo mwitaga isosi bigiye kuba amazi.!!


Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
Usibye na sports bayobora ni bihugu.