AMAKURU

UKWEZI
Canal+ christmax
Imyidagaduro
Umutoma wa Liliane ku mukunzi we Alpha Rwirangira barushinze Umutoma wa Liliane ku mukunzi we Alpha Rwirangira barushinze

Liliane Umuziranenge wakoze ubukwe na Alpha Rwirangira, ku wa 22 Kanama 2020, ntiyari asanzwe...

Umukobwa w’uburanga buhebuje yakoze ubukwe n’umusore ufite ubumuga ugendera mu igare Umukobwa w’uburanga buhebuje yakoze ubukwe n’umusore ufite ubumuga ugendera mu igare

Allen umukobwa w’inzobe cyane, muremure, ufite inseko nziza, igara rito ariko bitari cyane,...

Social Mula yibarutse ubuheta

Social Mula yavuze ko umugore we yabyariye mu bitaro bya Kacyiru ku mugoroba wo kuri uyu wa 2...

Mugisha Steven wo muri Kingdom of God Ministries yatangiye umuziki ku giti cye Mugisha Steven wo muri Kingdom of God Ministries yatangiye umuziki ku giti cye

Uyu muhanzi avuga ko nyuma yo guhamagarirwa ivugabutumwa rinyuze mu ndirimbo yaje kwinjira muri...

Korali Ukuboko kw’Iburyo ya ADEPR Gatenga yashyize hanze indirimbo ya mbere kuri alubumu ya Kane Korali Ukuboko kw’Iburyo ya ADEPR Gatenga yashyize hanze indirimbo ya mbere kuri alubumu ya Kane

Indirimbo ‘Hashimwe Yesu’ yagiye hanze ikoze mu buryo bw’amajwi n’amashusho ku wa 28 Kanama 2020,...

Alpha Rwirangira yakoreye ubukwe muri Canada-Amafoto

Ubukwe bwa Rwirangira na Umuziranenge bwabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 22 Kanama 2020, mu...

Prosper Nkomezi ageze kure umushinga wa album ya kabiri

Yabitangaje mu gihe aherutse gushyira hanze indirimbo yise ‘Wanyujuje indirimbo’ iri kuri iyi...

Sunday Justin yavuze ko nawe atigeze amenya ko Miss Mwiseneza agiye kwambikwa impeta

Miss Mwiseneza ufite ikamba rya Miss Popurality mu 2019, yambitswe impeta n’umusore witwa...

Ntawuhanundi wahimbye ‘INYANJA’ ari muri gereza yavuze uko yatotejwe azira ko yayihimbiye Inkotanyi Ntawuhanundi wahimbye ‘INYANJA’ ari muri gereza yavuze uko yatotejwe azira ko yayihimbiye Inkotanyi

Ni indirimbo avuga ko yakoze ubwo yari afungiye muri gereza ya 1930, ndetse n’ubutumwa bwari...

Mu mafoto : Diamond Platnumz yakoze amateka mu birori by’ikipe ya Simba SC Mu mafoto : Diamond Platnumz yakoze amateka mu birori by’ikipe ya Simba SC

Ibirori byo kwizihiza umunsi wahariwe Simba Sports Club byabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 22...

Sunday Justin warongoye umuzungu bahise bibaruka imfura nyuma y’umunsi umwe bakoze ubukwe- Amafoto

Sunday Justin wabaye umujyanama wa Miss Josiane, ku wa Gatatu tariki 12 Kanama 2020,...

Safi Madiba yemeje ko yamaze gutandukana n’umugore we

Aba bombi byavuzwe ko batakibana ubwo bari bamaze kugera muri Canada gusa uyu muhanzi ntiyegeze...

Asigaye azwi cyane nk’Ingagi ! Ikiganiro na DDumba umaze kwamamara mu gusubiramo indirimbo z’abahanzi Asigaye azwi cyane nk’Ingagi ! Ikiganiro na DDumba umaze kwamamara mu gusubiramo indirimbo z’abahanzi

Kuri ubu abahanzi baba abo mu Rwanda ndetse n’abo mu bihugu nka Tanzania, Uganda n’ahandi mu...

Ibyihariye kuri Miss Albina ufite uruhurirane rw’impano

Miss Albina yamamaye nka ‘Gloriosa’ muri filime ‘Notre Damme Du Nil’, ndetse by’umwihariko mu 2016...

Bruce Melodie yishimiye ko Ingagi bitiranwa yibarutse imfura

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Kanama nibwo Ikigega mpuzamahanga cyita ku...

Niyo Bosco yakoze ku mitima ya benshi mu ndirimbo yibutsa ko gutanga imbabazi biruhura Niyo Bosco yakoze ku mitima ya benshi mu ndirimbo yibutsa ko gutanga imbabazi biruhura

Iyi ndirimbo ‘Imbabazi’ ya Niyo Bosco yagiye hanze kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Kanama 2020, ije...

Mu mafoto : Ibirori by’akataraboneka byabereye ku mazi mu Mujyi wa Wuhan ahatangiriye Coronavirus Mu mafoto : Ibirori by’akataraboneka byabereye ku mazi mu Mujyi wa Wuhan ahatangiriye Coronavirus

Mu mpera za 2019, nibwo iki cyorezo cyatangiye kuvugwa mu Mujyi wa Wuhan mu Bushinwa. Gusa kuva...

Chorale Christus Regnat yasohoye indirimbo ifasha abakristu kwizihiza ‘Assomption’ Chorale Christus Regnat yasohoye indirimbo ifasha abakristu kwizihiza ‘Assomption’

Ku bakristu n’abandi bantu bose bafite imyizerere n’imyemerere ya Kiliziya Gatolika ku Isi hose...

Abahanzi 10 ba ‘Gospel’ barimo Israel Mbonyi na Prosper Nkomezi bahurijwe mu ndirimbo Abahanzi 10 ba ‘Gospel’ barimo Israel Mbonyi na Prosper Nkomezi bahurijwe mu ndirimbo

Uyu muhanzikazi yabisobanuye nyuma yo gusohora indirimbo yahurijwemo abahanzi 10 baririmba...

RITCO irashinja Bruce Melodie kuyisebya mu ndirimbo ye yise ’Saa Moya’

Mu ndirimbo iheruka kujya hanze ya Bruce Melodie yise ‘Saa Moya’ ku wa 23 Nyakanga 2020, hari aho...

Nje kubakurura amatwi nk’agapfukamunwa - AmaG The Black yaburiye abavuga ko yazimye

Indirimbo nshya ya AmaG The Black yagiye hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 13 Kanama...

Marius Bison yifashishije Bijou wamamaye muri Bamenya mu mashusho y’indirimbo yise ‘Ibanga’ Marius Bison yifashishije Bijou wamamaye muri Bamenya mu mashusho y’indirimbo yise ‘Ibanga’

Indirimbo IBANGA ya Marius Bison yashyizwe ku mugaragaro ku wa 13 Kanama 2020, ikaba ari...

Jay Polly yamaze kubona abamufasha mu bikorwa bya muzika nyuma yo kuva muri The Mane Jay Polly yamaze kubona abamufasha mu bikorwa bya muzika nyuma yo kuva muri The Mane

Ni alubumu izaba igizwe n’indirimbo 10 kuri ubu akaba amaze gutunganya zose mu buryo bw’amajwi...

Kenye West yavuze ko ishyaka ry’abademokarate ririmo  kumuneka Kenye West yavuze ko ishyaka ry’abademokarate ririmo kumuneka

Uyu muhanzi yabivuze nyuma y’ikirego cyatanzwe gisaba ko abuzwa kwiyamamariza muri iyi Leta kuko...

Ni ukwitegura kuko Kristo ari bugufi- Danny Mutabazi mu ndirimbo nshya Ni ukwitegura kuko Kristo ari bugufi- Danny Mutabazi mu ndirimbo nshya

Ni indirimbo yise ‘Amarira y’ibyishimo’ yakozwe mu mwaka ushize mu buryo bw’amajwi ariko kuri ubu...

Urujijo ku ifungwa rya Bruce Melodie na ShaddyBoo Urujijo ku ifungwa rya Bruce Melodie na ShaddyBoo

Bruce Melodie na ShaddyBoo batawe muri yombi mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki ya 09 Kanama...

Burya Miss Uwizeye Vivine w’ibiro 220 aterwa ishema n’ingano ye kandi ni n’umunyamideli - Amafoto Burya Miss Uwizeye Vivine w’ibiro 220 aterwa ishema n’ingano ye kandi ni n’umunyamideli - Amafoto

Miss Uwizeye Vivine, ni umwe mu bakobwa babyibushye baterwa ishema n’uko bangana n’ubwo agerageza...

Shaddyboo yabeshyeye Polisi y’u Rwanda ko yagiye gusaka urugo rwe Shaddyboo yabeshyeye Polisi y’u Rwanda ko yagiye gusaka urugo rwe

Ubu butumwa Shaddyboo yashyize kuri twitter na Instagram yagiraga ati : "Muraho Polisi y’u...

Korali Shalom ya ADEPR Nyarugenge yahumurije abantu mu ndirimbo nshya

“Mfite ibyiringiro” ni indirimbo ya kabiri Korali Shalom yashyize hanze kuva umwaka watangira....

Lion Gaga wakoresheje abakobwa bambaye ubusa bikavugisha benshi, yongeye gukora indirimbo itavuzweho rumwe Lion Gaga wakoresheje abakobwa bambaye ubusa bikavugisha benshi, yongeye gukora indirimbo itavuzweho rumwe

Uyu muhanzi usanzwe aririmba mu njyana ya Reggae asanzwe afite izindi ndirimbo zirimo iyitwa ‘Ba...

Uwera Carine ‘Cadette’ wakanyujijeho na Sano Olivier yabyaranye n’umunyamakuru Uwera Carine ‘Cadette’ wakanyujijeho na Sano Olivier yabyaranye n’umunyamakuru

Amakuru y’uko Cadette yibarutse umwana w’umukobwa yamenyekanye mu mpera z’ukwezi gushize kwa...

Noëlla Izere wihebeye injyana gakondo yakoze indirimbo isana imitima y’abacitse intege  Noëlla Izere wihebeye injyana gakondo yakoze indirimbo isana imitima y’abacitse intege

Uyu muhanzikazi umaze igihe gito mu muziki ariko by’umwihariko injyana gakondo avuga ko iyi...

King James yahaye inkunga ya ‘kawunga’ Umuryango Solid Africa ukora ibikorwa by’urukundo no kugaburira abarwayi King James yahaye inkunga ya ‘kawunga’ Umuryango Solid Africa ukora ibikorwa by’urukundo no kugaburira abarwayi

Ibi biribwa byatanzwe kuri uyu wa Gatatu tariki 5 Kanama 2020, aho inkunga y’ibiribwa yatanzwe...

Jumper Keellu na Alyn Sano bahuriye mu ndirimbo ikoze mu buryo butamenyerewe mu Rwanda

Iyi ndirimbo bise ‘Needed You’, yagiye hanze ku wa 31 Nyakanga 2020, ikaba ikozwe mu buryo bwa...

IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA