Dr Utumatwishima wavuzweho kuburabuza abagore ashaka ko basambana yakingiwe ikibaba n’ABAKOMEYE ? Nk’uko bigaragara mu rwandiko rwandikiwe Minisiteri y’Ubuzima tariki 24 Nyakanga 2019...
Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe inama wakurikiza ndetse n’icyo wakoresha kugirango uhangane...
Mu Rwanda gukuramo inda ni icyaha gihanwa n’amategeko gusa itegeko riteganya ko hatabaho...
Menya abantu amategeko yemerera gukuramo inda mu RwandaIngingo y’123 iri mu gitabo cy’amategeko ahana ibyaha mu Rwanda ivuga ko uwakuyemo inda cyangwa...
VIDEO : Kurikira ibyaranze umuhango wo gushyingura umuhanzi Kizito MihigoUyu muhango wabimburiwe no gusezera ku murambo, ibi bikaba byabereye mu rugo rw’umubyeyi wa...
Gatuna : Abitabiriye inama ya 4 k’ umubano w’u Rwanda na Uganda bapimwe Corona Virus [AMAFOTO]Iyi nama yateranyije I Gatuna ije ikurikira izabereye muri Angola, kimwe nazo nayo icyo igamije...
Umurenge wa Rubavu ni umwe mu mirenge ifite ikibazo cyo kubura amazi mu kagali ka Mbugangari...
Ubuhamya bubabaje bwa Mukashyaka wasambanaga na musaza we akamutera inda [VIDEO]Mukashyaka avuga ko Imana yamuhaye umwana mwiza w’umuhungu udafite ikibazo nubwo abantu bumvaga...
Zimwe mu mpamvu zishobora gutera inda kuvamo, harimo nko kuba umwana uri mu nda atameze neza...
Iki gikorwa cyo kurwanya imibu itera malaria hifashishijwe utudege tuzwi nka ’drones’ kirahera mu...
Nyanza : Gahunda yiswe ‘Igikombe cy’Umwana iratanga icyizere mu kurandura imirire mibi Iyi gahunda yiswe ‘Igikombe cy’Umwana’ yatangiye nyuma yo kubona ko amata Leta igenerwa imiryango...
Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’ Ubuzima rivuga ko abenshi mu bagaragayeho iyi...
Umuvandimwe wa Kabanda Albert yatangarije ikinyamakuru Ukwezi ko mukuru we nta kibazo...
Kuva kuri uyu wa Kane tariki 16 kugeza kuwa Gatandatu tariki 18 Mutarama 2020, Ishyirahamwe...
Abanyarwanda 9 Uganda yarekuye bari kwitabwaho n’ ibitaro bya Kanombe Saa sita z’ ijoro ryo kuri uyu wa 9 Mutarama 2020 nibwo aba banyarwanda 9 bageze mu Rwanda. Leta...
Dore urutonde rw’ ibinyobwa bibi cyane ku mugore utwiteIcyayi cy’icyatsi’’Green Tea’’ : ubusanzwe icyayi cy’icyatsi kibisi ni cyiza ku buzima bw’umuntu...
Menya ibyiza byo kunywa amazi arimo indimu buri gitondo. Uramutse buri gitondo unyweye amazi ashyushye arimo indimu system yi igifu cyawe n’andi ma...
Uko umuryango SAID wagobotse abafite ubumuga ubasanze mu buzima bw’ishavu n’agahindaUyu muryango ukorera mu mujyi wa Kigali mu karere ka Kicukiro, washinzwe muri 2014 ushinzwe...
Hatanzwe ambulance 20 ku bitaro byari bizikeneye kurusha ibindiUmuhango wo gushyikiriza abayobozi b’ ibitaro byatoranyijwe izi mbangukiragutabara wabereye I...
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hizihijwe umunsi mpuzamahanga w’ abana bavuka badashyitse [AMAFOTO]Kuri uyu wa kabiri tariki 19 Ugushyingo 2019 ku kigo nderabuzima cya Kirehe niho uyu...
Umuti w’ikibazo cy’abagabo badashimisha abo bashakanye mu gutera akabariro kubera kugira igitsina gitoMu gushaka kumenya byinshi kuri iyi ngingo, hari bamwe mu bo twaganiriye biyemerera ko bakoze...
Icyumba cy’umukobwa cyahinduye imyigire y’abana babakobwa,ariko ababyeyi baranengwa kutaganiriza abana Ku munsi mpuzamahanga wahariwe umwana w’umukobwa ,umuryango mpuzamahanga wita ku bana Save the...
Nabonibo uririmba indirimbo zihimbaza Imana yeruye ko aryamana n’abo bahuje igitsina Mu Rwanda abantu bavuga ko babikora wababarira ku mitwe y’intoki ariko ni ibintu bisigaye...
Uyu murambo wa Clementine Mukandoli wabonetse tariki 24 Nzeri 2019 mu masaha ya mu gitondo....
Abanyeshuri ba Institut Filippo Smaldone Nyamirambo bumijwe n’ibyo babonye ku rwibutso ku GisoziInstitut Filippo Smaldone Nyamirambo, ubusanzwe ni ikigo cyari gisanzwe cyakira abanyeshuri...
Ibikubiye mu rwandiko rwa Scolastique Hatangimana wiyahuye asimbutse etage ya MakuzaUyu mukobwa wasimbutse etage kuri uyu wa 6 Nzeri 2019 agakomereka bikomeye yasize yandikiye...
Kwizera ufunzwe yasigiye umujinya Mukaperezida anatera intimba uwo yangirije umwana -VIDEOTariki 30 Kanama 2019 nibwo Kwizera yakatiwe igifungo cy’imyaka 10 nyuma yo guhamwa n’icyaha nawe...
Nyandwi Julienne w’ imyaka 60 afite abana babiri, ari mu kiciro cya kabiri bivuze ko yitangira...
Ubwo twamusangaga mu rugo iwe, yatweretse inzu abagiramo imbwa ndetse we na bagenzi be...
Uyu mwana tutari butangaze amazina ni uwo mu mudugudu wa Rwabuye, Akagari ka Gatobotobo ,...
Ibi yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru ku wa Gatanu tariki 30 Kanama 2019....
Batuye mu mudugudu wa Gitwa mu kagari ka Ryakibogo. Igice kimwe cy’ inzu babamo cyararidutse,...
Huye : Kwa Sekora nyuma yo gusurwa n’ itangazamakuru ntibakirara ku byenda byashaje Ni nyuma y’ uko tariki 11 Kanama 2019 , Ikinyamakuru UKWEZI cyasuye uyu muryango ubayeho mu...
Dr. Jean Jacques Muyembe, umuyobozi w’ibikorwa byo kurwanya Ebola muri DR Congo yabitangaje kuri...