Kuri uyu wa Kane tariki 5 Nyakanga 2018 abakozi ba Jali Holding Company bagabiye inka abacitse...
Ku nkunga y’u Bushinwa, imiryango 6000 igiye guhabwa dekoderi ku buntu mu RwandaNi umuhango wabereye mu murenge wa Gataraga, ukaba warayobowe na Minisitiri w’ubutegetsi...
Pomme ni rwo rubuto rwa 2 nyuma y’imineke mu ziribwa n’abantu benshi muri Amerika ariko na hano i...
Mu Rwanda hafunguwe ibitaro byihariye bivura abafite ubumuga bw’ingingo Kuri uyu wa Kabiri tariki 3 Nyakanga 2018 nibwo Minisitiri w’Ubuzima Dr Dianne Gashumba...
Tumwe mu dushya twaranze ubu bukwe, turimo ibijyanye n’imitegurire aho abambariye abageni bari...
Abaganga b’indwara z’uruhu baraburira abiharaje kwisiga amavuta ya mukorogo Iyi nama yabaye kuwa Gatanu tariki 29 Kanama 2018, yahuriyemo n’abaganga ndetse n’abaganga mu...
Abahinzi ba Kawa barabyinira ku rukoma kubera ubumenyi bongerewe na CUP-RwandaAbo twaganiriye ni BAGARAGAZA Deogratias waje kumurika ibikomoka ku gihingwa cya Kawa...
Sobanukirwa iby’indwara y’imidido ushobora kurwara ukibeshya ko ari ibyo warozweIshami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Ubuzima ku isi (WHO) ryatangaje ko abantu basaga...
Nk’uko iyi nkuru dukesha TV1 ibivuga, Tuyisenge Christine yahoze ari umukozi wa Minisiteri...
Abaganga b’Abahinde barakebura Abanyarwanda ku bijyanye na kanseri zo mu mutweHari muri Mata uyu mwaka kuva tariki 21 kugeza ku ya 22 ubwo inzobere Dr. Tejinder Singh na Dr...
Umuryango We Act For Hope wabaye isoko y’ibyishimo n’akanyamuneza ku banaUyu muryango ubusanzwe mu bikorwa byawo bya buri munsi, harimo kwita ku bana n’urubyiruko...
Byinshi wakwigira kuri Tuyisenge wabuze akazi bikamutangiza inzira yamugize indashyikirwa - AmafotoHirya no hino mu mujyi wa Kigali no mu bindi bice by’u Rwanda, abakora ibikorwa by’ubwubatsi...
Uyu murwayi wari uje kwivuza mu bitaro bya Kaminuza y’u Rwanda biri mu Mujyi wa Huye (Butare),...
Mu cyumba cyo kuriramo hagomba kuba hasa neza, ndetse n’ameza umuntu yicaraho akaba ateguye neza...
Hasobanuwe uburyo ihohoterwa rizamura umubare w’abandura agakoko gatera SIDAIbi byatangarijwe mu nama nyunguranabitekerezo hagati y’urugaga nyarwanda rw’ababana n’agakoko...
Ntushobora kugira ubuzima bwiza utivuje, kandi ntiwakwivuza udafite mituweri- Min. MukabarambaNi mu bukangurambaga buri gukorwa na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (Minaloc), ibinyujije mu...
Ese impatwe (constipation) ni iki ? Impatwe (constipation) ni indwara yo kunanirwa kwituma...
Muhima : Abaganga barashinjwa kurangarana umubyeyi wabyaye bigatuma umwana apfaIbi byabaye mu mpera z’iki Cyumweru aho uyu mubyeyi yageze kuri ibi bitaro kuwa Gatandatu nyuma...
Mu Rwanda hagiye kubakwa ikigo gikomeye kivura indwara z’umutimaKuri uyu wa Gatandatu tariki 2 Kamena 2018, nibwo Prof. Sir Magdi Habib Yacoub n’itsinda bazanye...
Menya ibyo wakoresha ugahangana n’indwara y’umwijima ya Hepatite B yibasiye benshiEse hepatite B ni iki ? Hepatite B ni indwara y’umwijima iterwa n’udukoko duto (virus) two mu...
Sobanukirwa iby’ikawa y’igitangaza ishobora guhindura byinshi ku buzima bwaweUbushakashatsi bwakozwe bwagaragaje ko uramutse unywa iyi kawa, umubiri wawe uzunguka byinshi...
Abaturage bitewe n’icyiciro cy’ubudehe babarizwamo bishyuraga ubwisungane mu kwivuza binyuze muri...
Hari abafata uburwayi bw’igicuri nk’amarozi, amashitani … hari n’abaha akato abakirwaraInzobere mu kwita no kuvura indwara y’igicuri zigaragaza ko hari abanyarwanda bagifite imyumvire...
Niba wicara igihe kinini, dore uko ugomba kwitwara kugirango wirinde uburwayi bw’umugongoTwegereye PT Jean Denys NDORIMANA, inzobere mu kuvura hakoreshejwe ubugororangingo...
Kuri uyu wa Kane tariki 17 Gicurasi 2018 nibwo iyi Minisiteri yashyize ahagaragara ubu...
Ruhango : Umukecuru amaze imyaka isaga 3 ahabwa imiti igabanya ubukana bwa SIDA atayirwayeMu myaka ishize, Nirere Venantie yagiye kwivuza ku kigo nderabuzima cya Kizibere giherereye mu...
Minisitiri Ngirente yavuze ko uturere 13 twugarijwe n’ikibazo cy’imirire mibi n’igwingiraIbi Minisitiri Ngirente yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki 17 Gicurasi 2018, ubwo yari mu...
Abana batanu b’umunyarwanda uba muri Amerika bahiriye mu nzu bose barapfa - AmafotoUmuryango wa Mugabo Emmanuel usanzwe utuye ahitwa Greensboro muri Carolina y’Amajyaruguru ho...
Menya ibintu 7 dukora buri munsi tutazi ko byangiza cyane ubwonko bwacu 1. Kudafata amafunguro ya mugitondo (Breakfast) : Iyo umuntu aryamye ninjoro, umubiri urara...
Danny Vumbi na Emma Claudine bahaye abakobwa amakariso yaguzwe hafi miliyoni ebyiriIgikorwa cyo gutanga amakariso mu bigo by’amashuri atandukanye mu Rwanda, ni igitekerezo cya...
Ibi uyu mupolisi yabigarutseho ubwo yari kumwe n’itsinda ry’Intumwa za Minisiteri y’Uburezi...
Mu Rwanda hageze thermos itangaje ibika ibinyobwa bikarinda umubiri wawe indwaraMu gushaka kumenya byinshi birenze kuri iyi Thermos, twegererye Muganga Uwizeye Dieudonne ukora...
Muhanga : Abana batagaburirwaga ku ishuri ngo bashukishwaga amandazi bakabatera indaUbwo intumwa za Minisiteri y’Uburezi zikora ubukangurambaga ku ireme ry’uburezi zageraga muri iki...
Muhanga : Ikigo cy’amashuri cyubatse mu manegeka hejuru ya Nyabarongo giteye inkekeUbwo intumwa za Minisiteri y’Uburezi zirimo gukora ubukangurambaga ku ireme ry’uburezi zageraga...