AMAKURU

UKWEZI
Canal+ desk
Ubuzima
Nyanza yesheje umuhigo wo kugira ‘Poste de sante’ mu tugari twose mbere ho imyaka 6 Nyanza yesheje umuhigo wo kugira ‘Poste de sante’ mu tugari twose mbere ho imyaka 6

Imwe muri Poste de Sante zubatswe muri aka Karere ni iya Gahanda mu murenge wa Busasamana....

Mu magambo y’imitoma, Ange Kagame yeruye iby’umugabo wamusabye akanamukwa - Amafoto Mu magambo y’imitoma, Ange Kagame yeruye iby’umugabo wamusabye akanamukwa - Amafoto

Kuri uyu wa 28 Ukuboza 2018 nibwo Ange Ingabire Kagame yasabwe ndetse anakobwa n’umusore...

Rulindo : Umukobwa yarukaga ibisimba, amabuye, amacupa, imyenda atangiye koroherwa

Uyu mukobwa avuga ko yafashwe n’ uburwayi bwo mu nda mu kwezi kwa 10 tariki ebyiri saa kumi n’...

Nyanza/ Busasamana : Abafite imisarane idasakaye bahawe iminsi itatu

Kuri uyu wa Gatanu tariki 28 Ukuboza nibwo Umuyobozi w’ akarere ka Nyanza wungirishinzwe...

Aba 12  ni bamwe mu bihangange twabuze muri 2018 [AMAFOTO] Aba 12 ni bamwe mu bihangange twabuze muri 2018 [AMAFOTO]

Mwozey Radio, Umunya-Uganda wari warigaruriye imitima y’ abakunzi ba muzika kubera impanuro n’...

Ruhango : Rurambikanye hagati y’abaganga n’umukecuru bahaye imiti y’ubukana bwa SIDA atayirwaye Ruhango : Rurambikanye hagati y’abaganga n’umukecuru bahaye imiti y’ubukana bwa SIDA atayirwaye

Nirere Venantie, ni umukecuru w’imyaka 82 y’amavuko kuko yavutse mu 1936. Atuye mu murenge wa...

Nzamukosha aratabariza umwana we ufite imyenge 2 ku mutima woherejwe kuvurizwa mu Buhinde Nzamukosha aratabariza umwana we ufite imyenge 2 ku mutima woherejwe kuvurizwa mu Buhinde

Nzamukosha Assoumpa avuga ko kuvuza uyu mwana we byananiranye, ngo kuko yatangiye kumuvuza...

Impunzi z’Abanyekongo zafataga imboga nk’ibiryo by’amatungo ariko ubu barazivuga imyato

Inkambi ya Nyabiheke yatujwemo impunzi z’Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda, ubu icumbikiye abagera...

VIDEO : Agahinda ka Habyarimana Juvenal ufite umugore umaze umwaka n’igice muri koma VIDEO : Agahinda ka Habyarimana Juvenal ufite umugore umaze umwaka n’igice muri koma

Tariki 8 Kanama 2017, nibwo Habyarimana Juvenal yajyanye umugore we Mukansanga Theodette ku...

Umukobwa ushinjwa gutegura ibirori by’urukozasoni yanafatiwe i Nyamirambo anywa urumogi

Uyu mukobwa w’imyaka 20 y’amavuko uvuga ko asanzwe atuye ku Kicukiro mu mujyi wa Kigali, avuga ko...

Kuki abagororwa barimo gufotorwa ngo bahabwe indangamuntu kandi batemerewe kuzitunga ?

Iki gikorwa cyo gufotora imfungwa n’abagororwa biteganyijwe ko kizamara amezi atatu, ku...

Sobanukirwa indwara ya Ebola ihangayikishije Isi Sobanukirwa indwara ya Ebola ihangayikishije Isi

Nk’uko tubikesha urubuhaga rwa Wikipedia, izina Ebola rikomoka ku mugezi wo muri Repubulika...

Menya impamvu zishobora gutuma umugore cyangwa umukobwa agira umwuka mubi mu gitsina Menya impamvu zishobora gutuma umugore cyangwa umukobwa agira umwuka mubi mu gitsina

Ese wari uzi ko hari ikiba kibyihishe inyuma ? Muri iyi nkuru rero, tugiye kureba zimwe mu...

Abarwaye Kanseri y’ibere bahangayikishijwe n’ ibiciro by’imiti yabo bihanitse

Ibi byagarutswe mu Ihuriro ryateguwe n’ikigo cy’igihugu cy’Ubuzima RBC n’abarwayi ba Kanseri...

“Hari abitiranya indwara yo ‘kuvura kw’amaraso’ n’amarozi kubera ubukana n’ibimenyetso byayo” “Hari abitiranya indwara yo ‘kuvura kw’amaraso’ n’amarozi kubera ubukana n’ibimenyetso byayo”

Aba baganga b’inzobere bavuga ko ari byiza ko abantu bayimenya kuko ari indwara yica vuba ariko...

David wakinnye filime ’Shooting Dogs’ Perezida Kagame aherutse kuvugaho, yaje mu Rwanda David wakinnye filime ’Shooting Dogs’ Perezida Kagame aherutse kuvugaho, yaje mu Rwanda

Amakuru yizewe agera ku kinyamakuru Ukwezi.com, ashimangira ko David Gyasi ataje mu Rwanda mu...

Igihe cya Harera Imana cyararangiye, ubu harera umubyeyi n’igihugu – Min.Kaboneka Igihe cya Harera Imana cyararangiye, ubu harera umubyeyi n’igihugu – Min.Kaboneka

Ibi Minisitiri Kaboneka yabigarutseho kuri uyu wa 12 Ukwakira ubwo yaganiraga n’imbaga...

Iby’ingenzi wamenya ku buzima n’amateka ya Louise Mushikiwabo watorewe kuyobora OIF Iby’ingenzi wamenya ku buzima n’amateka ya Louise Mushikiwabo watorewe kuyobora OIF

Kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Ukwakira 2018 nibwo abakuru b’ibihugu batoye Louise Mushikiwabo...

Hagati ya RURA, Polisi na RFTC ni inde uzahanagura amarira y’ab’i Runda na Gihara ?

Tariki 29 Werurwe 2018, nibwo Lt Col Patrick Nyirishema, Umuyobozi mukuru w’Urwego...

Rubavu : Hari itsinda ry’abantu barya imbwa bakanazigaburira bagenzi babo batabizi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane mu kiganiro Zindukia cyo kuri Radio 10 humvikanye amajwi ya...

Hagiye gukorwa ubushakashatsi buzagaragaza umubare mushya w’abanduye SIDA Hagiye gukorwa ubushakashatsi buzagaragaza umubare mushya w’abanduye SIDA

Mu bushakashatsi bwakozwe mu mwaka wa 2015 bwagaragaje ko abanyarwanda babana na Virus itera...

Kizito Mihigo yafunzwe amaze kubona umukunzi, ngo wenda aba yararongoye baranabyaye Kizito Mihigo yafunzwe amaze kubona umukunzi, ngo wenda aba yararongoye baranabyaye

Kuri uyu wa Kane tariki 20 Nzeri 2018, nibwo Kizito Mihigo yatangarije Ijwi ry’Amerika mu...

Sobanukirwa indwara y’ikirungurira ikunze kuzahaza  abagore batwite Sobanukirwa indwara y’ikirungurira ikunze kuzahaza abagore batwite

Abantu benshi bafatwa n’ikirungurira bakimara gufata amafunguro, abandi bagakangurwa n’uburibwe...

Menya intambwe enye z’ingenzi zagufasha kugera ku cyo wifuza kugeraho mu buzima bwawe

Muri iyi nkuru, turarebera hamwe ibintu bine by’ingenzi byagufasha kugera kubyo ushaka : 1....

Gicumbi : Ababyeyi b’umwana waciwe igitsina ari gusiramurwa barahangayitse

Kanyenyeri avuga ko abaganga bo mu kigo Nderabuzima kiri muri iyi nkambi ya Gihembe...

Gicumbi : Abantu 260 bajyanywe mu bitaro bazira ubushera banyoye, umwe yamaze gupfa Gicumbi : Abantu 260 bajyanywe mu bitaro bazira ubushera banyoye, umwe yamaze gupfa

Ibi byabaye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ubwo abantui bo muri aka gace batahaga ubukwe...

Ku butaka bw’u Rwanda nta Ebola ihari ariko turasabwa gukomeza kwirinda-Min.Dr Gashumba

Minisitiri w’Ubuzima Dr Gashumba yamaze impungenge abafitiye ubwoba icyorezo cya Ebola...

Sobanukirwa indwara ya ’Stroke’ benshi bagendana batabizi ikabahitana bitunguranye

Nk’uko tubikesha American Heart Association, Abanyamerika b’Abirabura bafite ibyago byo kurwara...

Iby’ingenzi wamenya kuri Kizito Mihigo wizihiriza isabukuru y’imyaka 37 muri gereza Iby’ingenzi wamenya kuri Kizito Mihigo wizihiriza isabukuru y’imyaka 37 muri gereza

Umuhanzi Kizito Mihigo yavutse kuwa Gatandatu, tariki ya 25 Nyakanga 1981, avukira i Kibeho,...

Menya ibya Kanseri ya Prostate ikomeje kuzahaza abagabo benshi n’uko wayirinda Menya ibya Kanseri ya Prostate ikomeje kuzahaza abagabo benshi n’uko wayirinda

Prostate ni imbuvura ikora amatembabuzi avangwa n’intanga ngabo kugira ngo zibe inyamumaro....

Minisiteri y’Ubuzima yahagaritse uwahaye umurwaza amaraso agasiragirira muri Nyabugogo Minisiteri y’Ubuzima yahagaritse uwahaye umurwaza amaraso agasiragirira muri Nyabugogo

Umubyeyi witwa Uwizeye Francine, yagaragaye asiragira muri gare ya Nyabugogo mu masaha...

Umunyarwandakazi uba i Paris, yatangije umushinga yatewe n’intimba y’abe barohamye mu mazi Umunyarwandakazi uba i Paris, yatangije umushinga yatewe n’intimba y’abe barohamye mu mazi

Umusore witwaga Nshuti Roger Raoul wari umuyobozi w’umuryango mpuzamahanga witwa AIESEC yari...

Sobanukirwa akamaro n’ubwirinzi bukomeye wakura mu kurya igitunguru n’uko wabyitwaramo Sobanukirwa akamaro n’ubwirinzi bukomeye wakura mu kurya igitunguru n’uko wabyitwaramo

Impuguke nka Dr. Jonathan Stegall zikugira inamo yo kurya igitunguru kibisi kuko aribwo kiba...

Ngoma : Umusore afunzwe akurikiranyweho gusambanya nyirakuru w’imyaka 86 Ngoma : Umusore afunzwe akurikiranyweho gusambanya nyirakuru w’imyaka 86

Mapendo Gilbert, umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Rurenge, yahamirije ikinyamakuru...

IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA