AMAKURU

UKWEZI
Canal+ desk
Ibyo mwashakaga kuri: " Paul Kagame" Habonetse inkuru ()
Abicwaga bajyanwaga kujugunywa mu byobo no muri Nyabarongo- Ibyaranze iya 12/04/1994 Abicwaga bajyanwaga kujugunywa mu byobo no muri Nyabarongo- Ibyaranze iya 12/04/1994

Froduald Karamira na MDR-Power bahamagariye intangondwa z’Abahutu kwica Abatutsi Tariki ya...

Ingabo z’Ababiligi zataye Abatutsi bari muri ETO-Kicukiro bicirwa i Nyanza-Ibyaranze iya 11/04/1994 Ingabo z’Ababiligi zataye Abatutsi bari muri ETO-Kicukiro bicirwa i Nyanza-Ibyaranze iya 11/04/1994

Ingabo z’Ababiligi zataye impunzi z’Abatutsi muri ETO Kicukiro, bicirwa I Nyanza ya Kicukiro Mu...

Kigali : Hafashwe abarenga 100 barenze ku mabwiriza barimo abakoreraga ubukwe muri Hoteli y’Ababikira Kigali : Hafashwe abarenga 100 barenze ku mabwiriza barimo abakoreraga ubukwe muri Hoteli y’Ababikira

Aba bantu 110 berekanywe kuri iki Cyumweru tariki ya 04 Mata ariko bariya 60 bafashwe kuri uyu...

Huye : Umugabo arakekwaho kwicisha ifuni umugore we wari mubyara we Huye : Umugabo arakekwaho kwicisha ifuni umugore we wari mubyara we

Uyu mugabo w’imyaka 31 y’amavuko ukekwaho kwica umugore we we witwa Nyirahabimana Francine...

Urayeneza Gérard yahamijwe ibyaha bya Jenoside akatirwa BURUNDU Urayeneza Gérard yahamijwe ibyaha bya Jenoside akatirwa BURUNDU

Ubwo rwasomaga umwanzuro warwo, Urukiko rwabanje gutangaza ikirego cyatanzwe n’Ubushinjacyaha...

AMAFOTO : Ingabire Grace ufite impano yo kubyina yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021 AMAFOTO : Ingabire Grace ufite impano yo kubyina yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

Ku isaha ya saa tanu z’ijoro n’iminota 46’ Ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2021 ryambitswe Ingabire...

Isesengura : Inkomoko y’amakimbirane avugwa muri ADEPR Isesengura : Inkomoko y’amakimbirane avugwa muri ADEPR

ADEPR muri 2011 na 2012 havuzwemo ikibazo cy’amako n’ikibazo cy’imicungire mibi y’umutungo...

Umubayobozi muri ADEPR akurikiranyweho kuba mu mutwe w’iterabwoba

Umuhoza Aurelie w’imyaka 39, yabaye Umuyobozi ushinzwe ubukungu, imari n’imishinga mu Itorero rya...

Kayonza : Umugabo aravugwaho kujya kwiba akinjiza akaboko mu nzu bagahita bagatema Kayonza : Umugabo aravugwaho kujya kwiba akinjiza akaboko mu nzu bagahita bagatema

Ibi byabaye saa saba z’ijoro ryo kuwa Kabiri bishyira ku wa Gatatu Tariki 16 Gashyantare 2021...

Herekanywe abakekwaho kwiba Television…CP Kabera ati “Abantu nibakore ibindi kwiba ntakibamo” Herekanywe abakekwaho kwiba Television…CP Kabera ati “Abantu nibakore ibindi kwiba ntakibamo”

Muri aba barindwi, harimo abakekwaho kwiba ziriya Television n’abaziranguraga kugira ngo...

Umunyamakuru Phocas Ndayizera wasabiwe burundu we yasabye kurekurwa Umunyamakuru Phocas Ndayizera wasabiwe burundu we yasabye kurekurwa

Phocas Ndayizera wajyaga anaha inkuru ikinyamakuru BBC Gahuza, aburanishwa n’Urugereko...

Kayonza : Bamusanganye umurima w’urumogi iwe, bamwe bati “arazira iki ko kuruhinga byemewe ?” Kayonza : Bamusanganye umurima w’urumogi iwe, bamwe bati “arazira iki ko kuruhinga byemewe ?”

Ikinyamakuru Igihe cyageze mu rugo rw’uyu muturage, kivuga ko umurima wa ruriya rumogi ugizwe...

Perezida Trump yafunguye 26 barimo umukwe we Perezida Trump yafunguye 26 barimo umukwe we

Izi mbabazi zitanzwe mu gihe muri Mutarama 2021 aribwo Perezida Trump azasoza manda ye....

Ibitaravuzwe ku buzima bwa Rukara rwa Bishingwe

Rukara rwa Bishingwe ni mwene Bishingwe na Nyirakavumbi, yavukiye I Gahunga mu Ngoma y’u Burera...

Sendika y’abarimu yahaye ibikoresho abanyeshuri bo muri GS Sainte Famille Sendika y’abarimu yahaye ibikoresho abanyeshuri bo muri GS Sainte Famille

Ibikoresho byashyikirijwe abiga kuri iri shuri rya GS St Famille ryo mu Murenge wa Muhima...

Mu mafoto : Uburanga n’ikimero by’umukobwa wegukanye ikamba rya Miss Tanzania 2020 Mu mafoto : Uburanga n’ikimero by’umukobwa wegukanye ikamba rya Miss Tanzania 2020

Ni mu muhango wabaye mu ijoro ry’uyu wa Gatandatu tariki 05 Ukuboza 2020, ubera mu nyubako ya...

Gisagara : Imiryango 200 yasenyewe n’umuhanda ibayeho nabi, bamwe barara banyagirwa

Umuhanda wa kaburimbo Huye-Gisagara ufite ibirometero 14. Imirimo yo kuwukaba yararangiye. Ba...

Abakinnyi 11 babanza mu kibuga Amavubi akina  na Cap-Vert Abakinnyi 11 babanza mu kibuga Amavubi akina na Cap-Vert

Ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’i Kigali nibwo ruza kuba rwambikanye Amavubi ahura na Cap- Vert...

Munyakazi Sadate wa Rayon Sports yasabwe gutumiza inama y’Inteko Rusange mu gihe kitarenze iminsi itanu Munyakazi Sadate wa Rayon Sports yasabwe gutumiza inama y’Inteko Rusange mu gihe kitarenze iminsi itanu

Nk’uko bigaragara mu ibaruwa yanditswe mu izina ry’abanyamuryango ba Rayon Sports ku wa 8 Kanama,...

Kayonza : Hari urubyiruko rubyukira mu tubari rudakozwa iby’amabwiriza yo kwirinda COVID19 Kayonza : Hari urubyiruko rubyukira mu tubari rudakozwa iby’amabwiriza yo kwirinda COVID19

Uru rubyiruko usanga mu biyobyabwenge birimo inzoga zitemewe zifite amazina nka ‘Dondubwonko’...

Perezidanse ya Zambia yamaganiye kure ibyo Perezida Lungu yashinjwe na Sankara Perezidanse ya Zambia yamaganiye kure ibyo Perezida Lungu yashinjwe na Sankara

Kuri uyu wa 13 Nyakanga 2020, ubwo Nsabimana Callixte (Major Sankara) yari mu rukiko nibwo...

Nsabimana ‘Sankara’ yavuze ko Perezida wa Zambia yemereye MRCD kuzayifasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda

Muri uru rubanza abaregera indishyi biyongereye bariyongereye ubu bageze kuri batandatu nk’uko...

Kayonza : Abakora uburaya barasaba gufatwa nk’abandi banyarwanda Kayonza : Abakora uburaya barasaba gufatwa nk’abandi banyarwanda

Koperative indatawa yashinzwe mu 2012, n’abakoraga uburaya baje kwishyira hamwe bagamije kujya...

Abari batorotse aho bavurirwaga COVID-19 i Ngoma bamaze gufatwa Abari batorotse aho bavurirwaga COVID-19 i Ngoma bamaze gufatwa

Abatorotse ni bamwe mu bafungwa baherutse gutahurwaho Covid19 bari bafungiye muri Kasho ya...

IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA